Umugore bamufashe ari guca inyuma umugabo we muri Hoteli yinginga abantu ngo ntibamufotore

09/08/2023 15:30

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria, yafatiwe muri Hotel , afashwe n’umugabo we maze yinginga abantu bari baraho ngo bareke kumufotora.

Ibintu byose, byatangiriye k’umuryango wa Hotel itigeze ivugwa amazina ubwo cameraman yafataga buri kimwe cyose cyari kirimo kubera aho.

Nyuma yo gufatwa uyu mugore yatakambiye abantu barimo gufotora, maze abantu bibaza niba ikibazo ari ugufotorwa cyangwa niba ari icyaha yakoze na cyane ko yari yishwe n’isoni.

Umugabo w’uyu mugore byasaga naho ariwe wazanye umu cameraman, we yifuzaga ko ibintu byose babifata nk’urwibutso rubi.

Uyu mugabo yagaragaje agahinda gakomeye cyane ndetse agaragaza ko ababajwe n’ibyo yakorewe n’umugore we , asaba n’abandi bagore kugabanya guca inyuma abo bashakanye.

Bamwe mu babonye aya mashusho yanyujijwe kuri TikTok , bagiriye inama uyu mugore bamusaba kubigira isomo rikomeye.

Advertising

Previous Story

Umuhanzi Harmonize yaguriye imodoka ihenze Yolo the queen yemeza ko bagomba kuzabana nk’umugore n’umugabo

Next Story

“Mana ubuzima bwange kuki mpora mbubirira ibyuya kandi nkanga nkaburara!” Amagambo yuzuye amarira ari mu ndirimbo y’Umuhanzi Remedy ateye ishavu!.

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop