Umuhanzi Diamond Platnumz yavuze impamvu yahuye n’umugabo wa Zari Hassan Shakib Lutaaya

23/11/2023 15:00

Mu bihe byashize , Diamond Platnumz yagaragaye yahuje urugwiro na Shakib Cham Lutaaya. Mbere yuko Diamond Platnumz aza mu Rwanda nabwo bari babanje guhura barahanira nyuma y’aho nabwo bongera kugaragara bari gusangirira ku meza amwe.

 

Diamond Platnumz ubwo yabazwaga kubyo yavuganye na Lutaaya , yavuze nta bintu birenze baganiriye ngo uretse kumwerekako hagati yabo nta kibazo gikwiriye kuhaba.

 

Simba yabwiye The Standard ati:” Twagombaga kugaragaza ko ibintu ari byiza kandi ko tudashaka gukemura ikibazo mu buryo bwa kera.

Nk’abahungu ba Afurika y’Iburasirazuba, ni byiza gusakaza urukundo. Ni bwo buryo bwiza bwo kubikemura.”

Nyuma yo guhura kwabo , Zari yatangaje ko byari umupango wa Diamond gusa Hamissa Mobeto biramubabaza cyane.

Advertising

Previous Story

Joyeuse wa Juno yahaye gasopo Ariel wayz maze akomoza ku bwiza bwe bwo mu maso

Next Story

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongeye guterana imitoma

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop