Umugore yihanangirije abagabo bamutereta ababwira ko bamucikaho afite umwana w’umuhungu w’imyaka 16 biha isomo abandi bagore

18/06/2023 18:30

Umukinnyi kazi wa film Yusuf Mariam yihanangirije abagabo bamutereta ababwira ko ndetse afite n’umwana w’umuhungu w’imyaka 16 biba akarorero kubandi bagore.

 

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nka story yavuze ko akomeje kwamagana abagabo bamutereta ababwira ko afite umugabo.

 

Yavuze ko abo bagabo Bose bakomeje kumwirukaho bamubangamira ko abahaye gasobo ndetse ko nibakomeza kumubangamira azashyira amafoto yabo hanze.

 

Mu magambo ye yagize ati:” Narashatswe, ndetse mfite n’umwana w’umuhungu w’imyaka 16. Niba mushaka abagoro bo gucana inyuma sindi umugore wanyu. Ndambiwe guhora mbisobanuraho buri gihe. Nimukomeza nzashyira amafoto yanyu hanze nibibaranga.”

Benshi bibajije impamvu yabivuze gutya abandi baramushimira bavuga ko hari bamwe mu bagabo batajya bubaha bityo bakeneye kumenya ko hari n’abagore biyubaha.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

“Nzabanza nshake umugabo ibindi bizaza nyuma” ! Ku myaka 18 icyambere atekereza nukubaka urugo byonyine

Next Story

Umugore wamamaye cyane mu gukora ibiganiro bihindura ubuzima bwa benshi yavuze ko yanga se umubyara cyane ahishura ko atigeze ajya no kumushyinguraho

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop