“Nzabanza nshake umugabo ibindi bizaza nyuma” ! Ku myaka 18 icyambere atekereza nukubaka urugo byonyine

18/06/2023 13:30

Nyuma yo kubona ko mu Rwanda kubaka ingo mu rubyiruko bigoye umwana w’umukobwa we yagaragaje ko atinze gukura agahita ashaka.

Yvanie Chriss ni umwa ubarizwa mu itsinda ry’abanyamideli mu rwanda. Ubu afite imyaka 18 ariko avuga ko mu bintu 3 biza kwisonga ar’ukubaka urugo akabyara akitwa umugore nk’abandi.

Umunyamakuru yamubajije ibyo ateganya ngo agire ejo heza maze uyu mwana w’umukobwa atazuyaje agaragaza ko gushaka umugabo biri mu by’ibanze. Yagize ati:”Mfite imyaka 18 mu bintu nteganya nimara kwiga ibyo nzakora hirimo no gushaka umugabo”

Uyu mwana w’umukobwa yatumye abenshi bibaza icyabaye ngo umwana ukiri muto gutya abaho atekereza umugabo aho gutekereza irindi terambere.

Yvanie Chriss nubwo atekereza umugabo ariko anatekereza kuzaba umuntu ukomeye igihe yaba adahise ashaka umugabo kuko ari mu mashuri y’isumbuye aho ari umunyabwenge mu mibare.

Abakobwa bakunda kuvuga ko mu rwanda abasore bahari ariko abashoboye kubaka ingo ari mbarwa ariyo mpamvu ngo umugabo umwe akwiye gushaka abagore benshi.

Advertising

Previous Story

Ibintu 6 ukwiye gukora Niba umukunzi wawe yakubabaje bikabije

Next Story

Umugore yihanangirije abagabo bamutereta ababwira ko bamucikaho afite umwana w’umuhungu w’imyaka 16 biha isomo abandi bagore

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop