Umugore yavuze ko adashobora kurarana na Nyirabukwe we munzu imwe abyita kirazira

10/02/2023 18:01

N’ubwo bifatwa nk’ibidasanzwe gusa umugore yatuye avuga ko adashabora kubana na nyirabukwe we munzu imwe mu gihe abandi baba bumva babana nabo.Mu bihugu bimwe na bimwe imico yemerera abantu kubana n’imiryango bashatse mo na cyane ko abagore benshi batajya bemera gutambukirana mu muryango umwe n’abo mu miryango y’umugabo wabo.

Iyi nkuru yatumye benshi bibaza niba ari umuco gusa bigaragara ko uyu mugore wabivuze yari yabitekereje ho cyane ko ari umugore ugeze muzabukuru , ubona ko akuze bihagije.Muri iyi nkuru , babajije bati:”Ese wabana na mabukwe wawe munzu imwe ?”.Barongera baragira ati:”Mily , yavuze ko kizira kuba munzu imwe na mabukwe wawe”.

Ku munsi wo ku wa Kane, umugore usa n’ukuze cyane witwa Milly, yasobanuye ko kizira kubana mugisenge kimwe na mama w’umugabo wawe , musangira buri kimwe mu buryo bwose.Uyu mugore yavuze ko bitakunda ndetse ko kuri we bitamushobokera.Avuga ibi yongereye ho ko bitemewe gusa nanone ngo mu gihugu cyabo gusa na cyane ko atari mu Rwanda.

Abahanga baragiraga bati:”Agahungu umuco, akandi umuco”. Abandi bati:”Buri gahugu umuco wacu”.Ibi bisobanurwa nko kuba Milly yagaragaje ko n’ubwo atakwemera kubana n’umuryango w’umugabo we , bishoboka mu gihugu cyabo gusa.Ese hano mu Rwanda ho byashobokako umugore yanga kubana n’umuryango w’umugabo we?. Ese yabyemera?.

Mu magambo ye ,uyu mugore yateruye arandika ati:”Mu muco w’Abanya-Kenya, kirazira kuba munzu imwe na mabukwe wawe”.Uwitwa Gladys Peculiar, yahise ati:”hhhhhh”. Maze Milly arongera ati:”Kuba munzu ni byiza ndetse no kubana ntacyo bitwaye ariko kubana munzu imwe Oyaaa ! Umugeni cyangwa umugore washatse ntabwo ari byiza ko abana n’umuryango w’umugabo we.Ntanubwo ababyeyi bakemeye kugumana n’umugore w’umuhungu wabo”.

Ese wowe ubyumva ute. Ubusanzwe urukundo rutanga kubaha gusa nanone bitewe n’uburyo abageni cyangwa abashakanye baba bakeneye kwigana no kubana mu gihe cyabo bonyine, niho bamwe bahera basaba ndetse bakanemeza ko bidakwiriye ko umugore cyangwa umugabo babana n’ababyeyi babo munzu imwe nk’uko tubikesha ikinyamakuru cyitwa Enewskenya.blogspot.co

REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO

Advertising

Previous Story

“Umukobwa wo mukabari namukunda kuko nawe ashobora guhinduka” ! Umuhanzi Josh Ishimwe

Next Story

Abanyamakuru bagiye mu bukwe bwa Bishop Gafaranga n’umuramyi Annette Murava bahuye n’uruva gusenya amashusho n’amafoto birasibwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop