Umugore yatanze ubuhamya avuga ko yonsa umugabo we bikamufasha mu gukomeza kugira umubano mwiza hagati yabo

14/09/2023 13:07

Uyu mugore witwa Rachel Bailey yavuze ko yonsa umugabo we witwa Alexander ndetse abo bombi bikaba bibafasha mu kugira umubano mwiza hagati yabo.

 

 

 

Rachel Bailey w’imyaka 30 yavuze ko yatangiye Konsa umugabo we nawe w’imyaka 30 muri 2017, ubwo yiteguraga kubyara umwana we wa 3.Ubwo yiteguraga kubyara umwana we wa 3 ubwo ngo yanonsaga umwana we wa kabiri ariko biba ngombwa ko we n’umugabo we bajya kure yabana ho Gato aho batari kubasha Konsa umwana wabo.

 

 

 

Uyu mugore yakomeje kuvuga ko ubwo bagendaga bibagiwe akamufasha kwikama amashereka ndetse ngo ahantu bagiye byari kubasaba kumarayo iminsi ibiri.Uyu mugore yavuze ko icyo gihe yari mu buribwe kubera amashereka menshi ndetse ko byari no kumutera infection nibwo umugabo we yatangiye konka ngo amugabanyirize uburibwe.

 

 

 

Umugabo we yabikoze agirango amugabanyirize uburibwe ariko ngo uko yakomeje kubikora basanze Ari ibintu byiza bakwiye kujya bakomeza gukora.Ubwo bagarukaga ngo nubundi umugabo we yari yakunze amashereka cyane kuburyo ngo yumvaga yamuryoheye kurusha asanzwe cyane ko ngo agiramo n’intungamubiri.

 

 

 

Ngo kuva uyu mugabo yatangira konka umugore we byamugizeho ingaruka nziza ndetse ngo n’uruhu rwe rutangira gucya cyane kuburyo n’abandi babibonaga.Akimara kwibaruka umwana wabo wa gatatu nubundi ngo yakomeje kujya yonsa umugabo we Alexander.

 

 

 

Uyu mugore yavuze ko kandi mbere yo Konsa umugabo we amanza Konsa abana be bamara guhaga akabona kujya konsa umugabo we.Uyu mugore yasoje avuga ko asigaye akunda konsa umugabo we kuko ngo bimufasha kumarana agahe kanini bari kumwe bishimye

 

 

 

Source: News Hub Creator

 

 

 

Advertising

Previous Story

Ese byashobokako Selena Gomez wakundanye n’abasore barenga 9 bagatandukana yaba umukazana w’Abanyafurika agashyingirwa na Rema arusha imyaka 8

Next Story

Ariana Grande Butera yatangaje ko yarekeye aho ibintu byo kwihisha inyuma ya make Up no kwitera imiti ituma adasaza avugako amaze kugura bihagije

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop