Umugore yarahiye kutazangore gusomana nyuma yuko arwaye kanseri y’ururimi

10/10/2023 15:16

Jamie Powell aremejwe na kanseri y’ururimi nyuma Yuko asomanye, kuri ubu akaba yafashe umwanzuro wo kutazongera gusomana mu buzima bwe naramuka ahanyuze mu mahoro dore ko arembejwe niyi kanseri.

 

 

Uyu mugore Jamie Powell w’imyaka 39 urwaye kanseri y’ururimi, yabwiwe ko ururimi rwe ruzabagwa bagateraho indi nyama ndetse bikazamusaba kongera kwiga kurya no kwiga kuvuga Kandi Ari umugore ukuze cyane.

 

 

Uyu mugore avuga ko byatangiye yumva ari ibisanzwe ariko akabona ku rurimi rwe hatangiye kuzaho akobo, Niko kwigira inama yo kujya ku ivuriro. akigerayo bamupimye bamusanzemo kanseri y’ururimi yo ku rwego rwo hejuru. Abwirwa ko kimwe cya kabire cy’ururimi rwe bazagikata kigasimburwa ndetse ko bizamusaba kongera kwiga kurya no kwiga kuvuga.

 

 

 

Uyu mugore kandi yavuze ko yagize agahinda gakomeye nyuma yo kumva ko arwaye kanseri y’ururimi ndetse ababazwa nuko atazongera kwishimana n’umugabo weJonathan w’imyaka 40  amusoma ukundi, ndetse ko n’ibihe byiza bagiranye bwa nyuma aba atakibyibuka kubera uburibwe anyuramo.

 

 

Uyu mugore yavuze ko Ari umwanzuro ukomeye kwemera ko ururimi rwe rubagwa ariko ngo ntakundi kuko bitabaye byarangira yitabye Imana. Akaba akomeje kuvuga ko yahuzwe ikitwa gusomana burundu.

 

 

 

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

 

Source: rabapost.com

 

 

Advertising

Previous Story

Byinshi wamenya ku mufureri n’umubikira baryohewe n’urukundo bagasezera kumuhamagaro wabo bakajya kwibanira

Next Story

Abarwanyi ba Hamasi bishe abageni bari bafite abana b’impanga z’amezi 10 zaje kubonwa nyuma y’amasaha 14 aho zari zahishwe n’ababyeyi bazo mbere yo kwicwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop