Umugore yapfuye asigiye imbwa ye Miliyoni 2.8 z’Amadorali nk’umurage abana be abasigiraho kubera impamvu ikomeye

29/01/2024 18:57

Umugore wo muri Shaghai mu Bushinwa uzwi nka Ms.Liu  yahisemo gusigira abana be aho ahubwo asigira amafaranga yose imbwa ye yakundaga cyane.Uyu mugore yatangaje ko iyi mbwa ye yamubaga hafi imyaka yose y’ubuzima bwe kuva arwaye ndetse anapfa imuri iruhande mu bana be cyangwa abandi bo mu muryango we ntihagira numwe umugera iruhande.

 

Ms. Liu ubwo yari ageze muzabukuru imbwa ye yari imuri hafi, abana be 3 banga kumusura no kumufasha aba iwe wenyine n’imbwa ye gusa.Nk’uko byatangajwe na The South China Morning Post , Ms Liu yanze gusigira abana be imitungo ye yose kubera ko batamenye uko ameze nk’uko twabigarutseho haraguru.

 

Msn go yitaga cyane kumibereho myiza y’imbwa ze dore ko mu gupfa kwe yasize avuze ko imitungo ye yose izita kuri zo mbwa ndetse n’izindi nyamaswa zahurijwe hamwe.Uko gukora ibi byasize mu ihurizo rikomeye ubuyozi bumwe bwo muri Changhai gusa bagaragazo ko mbere y’uko apfa bari bamugiriye inama yo gushaka uwo yizeye wazabireberera.Chen Kai yagize ati:”Hari ubundi buryo bwo gukemura ibi bibazo.Ibyo Liu yifuzaga byari bimwe gusa twari twamusabye ko yagira uwo yizera akamusigira inshingano zo kubikurikirana.

Advertising

Previous Story

Abagore ! Ibintu mukwiriye kumenya ku bagabo

Next Story

RUTSIRO: Bakuye abana mu ishuri ngo bazigishwa n’Abamalayika bo mu ijuru

Latest from HANZE

Go toTop