Abagore ! Ibintu mukwiriye kumenya ku bagabo

29/01/2024 17:47

Ni ngombwa ko umugore akwiye kumenya umugabo we mbere yuko babana ndetse abagabo benshi usanga hari ibintu byinshi bahuriyeho. Muri iyo nyandiko twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru kuri ibyo bintu byose abagabo benshi bahuriyeho.

 

DORE IBINTU MUKWIYE KUMENYA KU BAGABO;

 

1.Buri mugabo wese yewe n’umwana muto w’umuhungu Banga umuntu ubasuzugira cyangwa ngo abubahuke mu magambo cyangwa mu bikorwa.

 

 

2.Buri mugabo wese yubakiye ku cy’ubahiro cye, wamukorera ibintu byose ushaka ariko ntugakiro ku cy’Ubahiro cye cyangwa igitinyiro cye.

 

 

3.Buri mugabo wese yanga umuntu baganira ibintu nyuma akabyuma ahandi Kandi aziko ari wowe mwabivuganye gusa.

 

 

4.Abagabo bose Banga gutsindwa n’abagore babo, mu gihe mugiranye amakimbirane burya ni ngombwa ko wowe mugore wiyoroshya kuko kamere mugabo yanga gutsindwa.

 

 

5.Umugabo yakora ibishoboka byose ngo abone amahoro yewe niyo byamusaba kwemera kugaragara nk’ikigwari yabikora ariko akabona amahoro. Iyo umugabo abuze amahoro iwe mu rugo burya ashobora no kwimuka agiye gushaka ahantu kure ariko akabona amahoro akanayatanga.

 

 

6.Iyo umugabo ari kukuvugish aba ashaka ko utega amatwi ndetse ukumva neza, kuko Hari abagabo benshi badakunda umuntu ubasubirishamo cyane.

 

 

7.Guceceka ku mugore bituma umugabo agira ubwoba ndetse ngo umugabo yakora ibishoboka byose kugira ngo amenye icyatumye umugore we atuza cyane.

 

 

8.Buri mugabo wese burya muri we yifitemo uruhande aho aba ameze nk’umumwana.

 

 

 

 

Source: fleekloaded

Advertising

Previous Story

Nkore iki?: Sugar Mum uryamana n’umusore dukundana yampamagaye ampa ibihumbi 500 ngo murekere uwo musore ariko nabuze amahitamo

Next Story

Umugore yapfuye asigiye imbwa ye Miliyoni 2.8 z’Amadorali nk’umurage abana be abasigiraho kubera impamvu ikomeye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop