Advertising

Umugore yaburiye abagabo kujya bitondera abakobwa bambaye ishyanga mu nda

08/02/2024 15:11

Umugore witwa Joyce Wairimu wo mu gihugu cya Kenya wivugiye ko yakoreshaga amarozi kugira ngo akurure abagabo, yagaragaye ari kugira inama abagabo kujya bitondera abakobwa bambara ishyanga mu nda.

 

Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru aho yavuze ko ubwo yakoreshaga amarozi ashaka kwigarurira imitima y’abagabo, rimwe n’arimwe Hari ubwo yashyiraga amarozi mu ishyanga kugira ngo agushe abo bagabo bayakunda.

 

Usibyo ko uyu mugore avuga ko kubera ko yavuze ko yakoreshaga amarozi kugira ngo yigarurire imitima y’abagabo, abagore benshi hirya no hino bakomeza kuguhamagara bamusaba ko yababwira amarozi yakoreshaga kugira ngo abone abagabo.

 

Nibwo uyu mugore yaboneyeho umwanya wo kugira inama abagabo kujya bitondera abakobwa benshi bakunda kwambara ishyanga mu nda ko bitari shyashya. Gusa uyu mugore yavuze ko abambara ayo mashyanga bose bitavuze ko ariko harimo amarozi.

 

Mu magambo ye yagize ati “nakoreshaka n’amashyanga mu kugusha abagabo, ndaburira abagabo bose kujya bitondera abakobwa bambara ishyanga. Ndabizi ko bose batayambara kuko harimo amarozi ariko Hari abayambara kuko arimo inyuma mibi, rero mwirinde.”

 

 

 

 

 

Source: TUKO

Previous Story

Uburyo bwiza bwo kwita ku mugabo uguca inyuma ni ukubyuka ugasenga ! Joyce Wairimu

Next Story

Bruce Melodie yishyize ku rundi rwego ateguza ikintu gikomeye

Latest from Inkuru z'urukundo

Amoko 10 y’urukundo

Urubuga Elcrema rutanga inama ku mibanire rugaragaza ko urukundo ruri mu moko 10 benshi bitiranya kubera ko batabisobanukiwe: Urukundo rusanzwe: Uru ni urukundo rugaragara
Go toTop