Advertising

Uburyo bwiza bwo kwita ku mugabo uguca inyuma ni ukubyuka ugasenga ! Joyce Wairimu

08/02/2024 15:07

Uyu musore witwa Joyce Wairimu wo mu gihugu cya Kenya uherutse kuvuga ko yakoreshaga amarozi kugira ngo abone abagabo bafite amafaranga, yongeye kugira inama abagore bubatse.

 

Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru kuri Radio aho yavuze ko Niba ufite umugabo uguca inyuma, uburyo bwiza bwo gucyemura icyo kibazo ari ukubyuka ugasenga. Uyu mugore yavuze ko yakoreshaga amarozi mu buryo bwose bushoboka harimo no kubunyuza mu mashyanga kugira ngo agushe abo bagabo bayakunda bityo abakuremo amafaranga.

 

Yagiriye inama abagore bubatse, yagize ati “nzakomeza mbwire abagore ko Niba umugabo wawe aguca inyuma, byuka saa sita zijoro umusengere. Kubera ko iyo niyo nzira nziza ishobora kugarura umugabo wawe wabatsweho ningeso yo gusambana mu gasozi.”

 

Uyu mugore yagiriye inama abagore bubatse nyuma yuko yahoze nawe ari umwe mu bagore bagushaga abagabo babandi we abakoresha amarozi mu buryo bwo kureba ko yabona abagabo bafite amafaranga.

 

Previous Story

Louise Mushikiwabo yishimiye intsinzi ya Cote d’Ivoire yakuyemo DRC

Next Story

Umugore yaburiye abagabo kujya bitondera abakobwa bambaye ishyanga mu nda

Latest from Inkuru z'urukundo

Amoko 10 y’urukundo

Urubuga Elcrema rutanga inama ku mibanire rugaragaza ko urukundo ruri mu moko 10 benshi bitiranya kubera ko batabisobanukiwe: Urukundo rusanzwe: Uru ni urukundo rugaragara
Go toTop