BIRATANGAJE: Umugore yafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse

19/12/2022 00:00

Hari ibifatwa nk’imico biba bitangaje cyane gusa bikaba hamwe na hamwe muri Afurika no mumico itandukanye.Umugore yafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse.Ibi byateje urujijo ndetse bibabaza benshi.

Imigenzo imwe n’imwe yo muri Afurika isa n’idashobora kwizerwa nabamwe na cyane abayizera baba bavuga ko ariyo

ituma urugo rukomera mu gihe abandi bavuga ko ntaho bihuriye na cyane ko n’imico imwe n’imwe iba itandukanye.

Imico imwe n’imwe yemera ko iyo umugore atekera umugabo we buri munsi biha umuryango we amahirwe menshi yo kudasenyuka

Umugore yafashwe ari gushyira bo mu bice bitandukanye birimo amajyepfo ya Afurika bo bakemeza ibitandukanye n’ibi ngibi, bavuga ko kuramba k’umuryango aba ari 50/50.

https://www.youtube.com/watch?v=POWP6YyVDxU&t=3s
KANDAHANO UREBE IYI VIDEO

Nyuma y’amashusho yashyizwe hanze ndetse akaba kimomo y’Umugore wafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse,

abantu benshi bo muri afurika ndetse no hanze yayo, bafashe umwanya munini cyane bayibazaho na cyane ko byateje urujijo rukomeye

cyane.Muri aya mashusho uyu mugore yagaragaye akuramo ikariso ye , hanyuma akayishyira mu nkono yari atetse  y’ibiryo.

Nyuma uko amashusho yagendaga atambuka niko , uyu mugore yagaragaraga ari kwarura aya mafunguro bisa n’aho ari kuyarurira undi muntu

wagombaga kuyarya, ibintu byarakaje abatari bake bavugako yataye umuco na cyane.

Abantu benshi bakomeje bibaza ibibazo bitandukanye kuri iki kibazo bavuga niba byaba ari umuco cyangwa niba byaba ari uburozi

na cyane yafashwe na camera bisa naho atari azi kuko atari ayitayeho.Bamwe mubagize icyo bavuga kuri aya mashusho bagize

ati:”Ni uburozi’.Uyu ni uwitwa Lehlogonolo, mu gihe uwitwa Thandi, yavuze ati:”Africa twizerera mu marozi n’ibintu by’ubumara , nibyo dushinjwa”.Benshi bamwise umurozi , umupfumu ndetse bavuga ko yarogaga amafunguro nk’uko uwitwa Delani yabivuze ati:”This is not funy,

I repeat , this is not funny”.Ugenekereje mu Kinyarwanda ni nko kuvuga ngo , “Ibi ntabwo bishamaje , ndasubiramo  , ibi ntabwo bitangaje rwose”.Nk’uko News Hub Creator (Daniel Marven), babitangaza , ibi ntabwo aribyo byo.

Advertising

Previous Story

Ngomijana yafashe ibibazo bye abishyira kumuzani bipima ubusa-VIDEO

Next Story

Umugore w’abana 3 yatunguwe no kumenya ko umugabo we yapfuye mu myaka 2 mbere y’uko bamenyana

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop