Umugore w’imyaka 32 ukiri isugi aratakambira abagabo ngo bamutere inda nawe arebeko yabyara akitwa mama ndetse ko azarera umwana wenyine

01/08/2023 14:17

Ubusanzwe gukora ubukwe ni umuhango ukerwa abantu babiri Umusore ndetse n’inkumi bakameranya Kubana mu buzima bubi ndetse n’ubuzima bwiza.

 

Uyu mugore w’imyaka 32 we arivugira ko kuva yavuka atarabonana n’umugabo narimwe mbese ntarigera aryamana n’umugabo kuko akiri isugi.

 

Abinyujije ku mbugankoranyambaga niho yavuze ko atigeze ajya mu rukundo kuko ngo guhitamo umukunzi cyangwa ngo kubona umukunzi wujuje ibyo ashaka byabaga bigoye.

 

Yakomeje avuga ko ubu ashaka ubyara umwana nawe akitwa mama nk’abandi bose kuko ngo nawe ashaka umugabo umwitaho akamutera inda akabyara.

 

Inkuru yuyu mugore ikomeje gushyira abantu mu rujijo bibaza ukuntu ku myaka ye 32 yaba Atari yaryamana n’umugabo bikabacanga.

 

Yakomeje ati sinigeze mpirwa mu rukundo ariko hari ni ukubera uko ngaragara ariko ndi kugerageza kubihindura.

 

Byakomeje kunzonga cyane ko ntigeze ndyamana n’umugabo narimwe yewe sindanasomana n’umugabo ngo numve uko bimeze yewe sindanahoberana n’umugabo ngo nabyo numve ikiza cyabyo.

 

Ariko ubu ho ndifuza kuba umubyeyi cyane pe, ndifuza ko hari umugabo waza akantera inda nanjye nkibaruka umwana nkaba mama.

 

Ndifuza ko umugabo yantera inda kabyara umwana akamubera papa ariko niyo atabikora ntakibazo umwana njye niteguye kumurera njyenyine.

 

 

 

 

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: TUKO

 

 

 

 

Advertising

Previous Story

Junior Multisystem agiye gushyingurwa

Next Story

Ifoto y’umugabo wafashwe yigize umugore ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop