Ifoto y’umugabo wafashwe yigize umugore ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino

01/08/2023 15:43

Muri iyi minsi abagabo benshi bakomeje kwigira abagore ngo bagushe abagabo bagenzi babo ngo babamareho udufaranga twabo.

Niko byagenze aho umuntu ukoresha imbugankoranyamaga wese yabonye ifoto y’umugabo wafashwe yigize umugore ndetse iyo foto ikaba ikomeje kuba kimenyabose.Uyu munsi nibwo nari ndi ku rubuga rwa Facebook mbona iyo foto y’umugabo wafashwe yigize umugore ndetse yari yambaye imyenda yabagore.

Uyu mugabo yatunguranye cyane kuko yewe ni misatsi ye yari yayisutse nkiyabagoee ndetse arenzaho yambara nutwenda twimbere twabagore tuzwi nkisutiye.Abantu Bose babonye ifoto ye yatunguwe no kubona umuntu w’umugabo yifata akigira umugore ndetse akambara utwenda twimbere twabagore.

Ibi Kandi si ubwambere bibaye umugabo afatwa yigize umugore aho ngo aba bagabo bakora ibi baba bafite gahunda yo kugusha abagabo bagenzi babo ngo babibe amafaranga.Uyu mugabo iminsi ye 40 yubusambo yari yageze kuko yafashwe igitaraganya.

Ese akazi muri iyi minsi karabuze kuryo umuntu w’umugabo yifata akigira umugore kugira yibe amafaranga!?

Umwanditsi: Byukuri Dominique
Source:News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umugore w’imyaka 32 ukiri isugi aratakambira abagabo ngo bamutere inda nawe arebeko yabyara akitwa mama ndetse ko azarera umwana wenyine

Next Story

Umukozi w’Imana Apotre Gitwaza yemeje ko mu Rwanda hari abapasiteri b’inzererezi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop