Umugore wa Pasiteri yafashe icyemezo cyo gushaka umupfubuzi nyuma yo gusanga umugabo we adashoboye

21/06/2023 10:56

Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi akomeje kuvugwa cyane kumbuga nkoranyambaga dore ko akomeje kwishyira hanze hambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo.

 

Nk’uko ikinyamakuru cyitwa Umuryango gikorera hano mu Rwanda cyabitangaje, ngo uyu mugore akomeje koherereza amagabo amafoto yambaye ubusa kugira ngo baze bamupfubure kuko umugabo we usanzwe ari Pasiteri, ntakigenda mu gitanda.

 

Aya mashusho yagiye hanze hakoreshejwe urubuga rwa Telegram  dore ko yasaga abandi bagabo kuza amabashimisha. Iki kinyamakuru Umuryango, gikomeza kivuga ko ngo uyu mugore ubusanzwe agaragara nk’umuntu mwiza gusa ngo ibyo akorera mu bwihisho bikaba budasanzwe nk’uko byagaragajwe binyamakuru bibitangaza.

Advertising

Previous Story

“Kubona isugi mu Rwanda biragoye” ! Solange yakomoje ku gahinda gatuma abasore bahitamo kwinjira abagore abagira inama

Next Story

“Nzajya mukorera indirimbo bareshya” ! Producer The major wo muri symphony aradusekeje kuri Okkama

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop