Umugore ufite ubwoya mu gatuza buzwi nk’impwempwe no ku maboko, yavuze ukuntu bimubuza amahirwe menshi nko kubura umukunzi

13/08/2023 20:56

Umugore wavukanye imisemburo ituma azana impwempwe nkizabagabo mu gituza yavuze imbogamizi ahura nazo bitewe nuko yavutse ameze.

 

Ubusanzwe ubundi kuzana ubwoya mu gatuza bizwi nk’impwempwe bizana abagabo nabwo bamwe n’abamwe kuko si Bose bazigira, gusa Hari ubwo abagore bamwe n’abamwe bazigira ariko aba Ari bacye cyane.

 

Uyu mugore witwa Ivvah Wanggy ufite impwempwe yavuze ko bimwangiriza ubuzima cyane ubujyanye no gukundwa cyangwa gukunda no gukundana.

 

Nkuko uyu mugore we abyivugira avuga ko kubera imisemburo myinshi mu mubiri we ituma amera ubwoya ku maboko ndetse no mu gatuza.

 

Kandi ubusanzwe ibi ni ibintu karemano bitagira umuti ariko abinshi babibonye baseka uwo babibonyeho Kandi burya si ibintu byiza habe nagato pe.

 

Nkuko uyu mukobwa yakomeje kuvuga yavuze ko ngo bituma abasore benshi bamwanga.

 

Kuri ubu Ari kwiga kwakira uko yavutse ameze.

 

Ese wowe wakemera umukobwa ufite ubwoya ku maboko ndetse no mu gatuza!????

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Ni agahinda ku bana bane bibana nyuma y’uko nyina ubabyara yitabye Imana naho papa wabo agafungwa

Next Story

“Umuryango wanjye waranyanze kubera umugore nashatse ufite uburwayi bw’uruhu, Ese ni ikosa banziza” ! – Janvier

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop