Umugeni yagaragaye arimo gukora imodoka bari barikugendamo bagiye gushyingirwa yabapfiriyeho abantu bibaza impamvu umugabo we atamufashije

21/05/2023 07:54

Ku munsi we w’ubukwe ari mu ikanzu y’abageni umugore yagaragaye ari gukanika imodoka umugabo we arimo kumwitegereza.

Ni amashusho yatangaje abantu benshi cyane ubwo umugabo yari muri moteri y’imodoka yabo bombi bahagararanye gusa umugabo ari kuruhande arimo kumwitegereza cyane.

Aya mashusho yatumye abantu bibaza cyane kuri uyu mugore n’umugabo bari bagiye gushyingirwa birabayobera.

Aya mashusho yakwirakwijwe na YouTube channel yitwa Briefly TV maze abantu si ukuvuga bacika urundogoro.Bamwe bati:” Iyo bashaka umushoferi ubikora abandi bati uwo mugabo ntakigenda”.

Abandi bababajwe nuko uyu mugabo we atigeze amufasha nagato ngo iyi modoka bayikore ahubwo yari yihagarariye arimo kurebera gusa.

Nyuma yo kugaragara gutya, byaje kumenyekana ko bageze munzira bagiye gushyingirwa imodoka ikabapfiraho bikaba ngombwa ko umugore ariwe uyikora.

Uyu mugore Uzi Gender Balance yatangaje bamwe bavuga ko umugabo yiboneye umugore

Advertising

Previous Story

Abagore : Ingaruka mbi zo kwikinisha

Next Story

Dore impamvu abagabo babuzwa gukoresha intoki mu gihe bari gutera akabariro n’abo bashakanye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop