Dore impamvu abagabo babuzwa gukoresha intoki mu gihe bari gutera akabariro n’abo bashakanye

21/05/2023 08:15

Gutera akabariro hagati y’abashakanye ni urukundo ruba rwigaragaza cyane.Ese ni iyihe mpamvu ituma biba bibi gukoresha intoki ?

Hari ababo bamwe bakora amakosa yo gukora ku myanya y’ibanga yabo bashakanye nintoki bagashaka ko batera akabariro n’intoki Kandi nyamara ari bibi cyane.Mu gihe bikozwe bigira ingaruka zitarinke kuri bombi.

Dushingiye kunkuru yanditswe na webMD hari impamvu atari byiza.

Ntabwo ari byiza kurongora umugore wawe ukoresheje intoki kuko hari umwanda ukuriho ugiye kumujyamo.Ahari wifitemo Mikorobe arizo kuntoki zawe kndi ziramujyaho.

Uretse ibi kandi umwe murimwe aranduza mugenzi we , SIDA , bagiteriya, n’izindi.

Mu myanya y’ibanga y’umugore ni ahantu umuntu atakwizera ko hafite isuku cyane rero gukozamo intoki bishobora gutuma uzamura udukoko twose ugakwirakwiza n’imyanda mu gitsina cye.

Gukoresha intoki , ntabwo ari uburyo bwiza bwo kumwerekako umukunda.Buri mugore afite itandukaniro na mugenzi we menye ko ukwiriye kwirinda ibi bintu kuko ibyakoze kuri mugenzi wawe , wowe bishobora kutaguhira.Ni ingenzi kuganira nawe ndetse ukamwubaha.

Advertising

Previous Story

Umugeni yagaragaye arimo gukora imodoka bari barikugendamo bagiye gushyingirwa yabapfiriyeho abantu bibaza impamvu umugabo we atamufashije

Next Story

Rubavu: Uburaya bwambuka umupaka bubangamiye gahunda yo kurwanya virusi itera Sida

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop