Monday, May 20
Shadow

Umugabo yatunguye abagore be babiri abagurira imodoka z’akataraboneka

Umugabo yashyize hanze amafoto agaragaza igikorwa yakoze cyo gutungura abagore be babiri, akabagurira imodoka nziza cyane.

Uyu mugabo uzwi nka Michael Houston yigaruriye imitima y’abatari bake nyuma yo guca aka gahigo akagaragaza urukundo akunda abagore abana nabo.Ni umugabo wagaragaje ko yari asanzwe akunda abagore be mu buryo budasanzwe aho kuri we ngo ari igikorwa yateguye igihe kinini.

Nyuma yo kubona ibi byakozwe n’uyu mugabo benshi bavuze ko ari isomo yahaye abandi bagabo bagenzi be by’umwihariko abatutse abagore babiri.Ubwo yashyiraga hanze aya mafoto yagize ati:”Congs my wives”.Akomeza ati:”Natungute abagore banjye n’imodoka nshya zabo za mbere”.

Ubusanzwe urukundo umugabo akunda umugore we , rugaragazwa n’ibyo amukorera nk’uko bivugwa ngo ‘Ibikorwa biruta amagambo’.Urukundo rushyigikirwa n’ibyo wakorera uwo wihebeye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *