Umugabo yateye inda umukobwa we umugore we ahitamo kubemerera kubana nk’umugore n’umugabo

12/02/2024 11:20

Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugabo wakoze ibidakorwa byo gutera inda umukobwa we y’ibyariye bikaza kurangira umugore we ariwe nyina w’umukobwa n’ubundi abemereye kubana nk’umugore n’umugabo.

 

Uyu mugabo wo mu gihugu cya Kenya bivugwa ko yagiranye umubano wihariye n’umukobwa we yibyariye bityo nyuma biza kurangira umukobwa we asamye inda yatewe na se umubyara.

 

Ubwo umukobwa yabazwaga na nyina uwamuteye iyo nda, yavuze ko ari papa we umubyara wayimuteye. Uyu mugore yavuze ko agahinda kamwishe akabura icyo akora nyuma yo guhemukirwa n’umugabo we kuko yateye inda umukobwa we y’ibyariye.

 

Icyakora uyu mugore nyina wuyu mukobwa yavuze ko uburyo bwo gucyemura icyo kibazo yahisemo guhana gatanya n’umugabo we bityo akareks umugabo we agakomeza kubana n’umukobwa we kuko n’ubundi yari yamuteye inda.

 

Gusa uyu mugore nyuma yo kumva ko akwiye guhana gatanya n’umugabo we yahisemo kubireka kuko yumvaga ko bishobora gutera amakimbirane mu muryango ahubwo ahitamo kubiceceka maze akomeza kubana n’umukobwa we n’umugabo we bameze nkaho basangiye umugabo.

 

Kuri ubu bombi umukobwa na nyina babana na se nk’umugabo wabo ndetse uyu mukobwa cyakora avuga ko yicuza kuba yaremeye kuryamana na se umubyara ariko n’ubundi ntibikuraho ko baryamanye ndetse akanamutera inda bakabyarana umwana.

 

 

 

 

Source: muganganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Wishyura ibihumbi 10 ku isaha kugira ngo tugirane ibihe byiza, Shakila yashize hanze ibiciro bishya ahabwa urwamenyo

Next Story

Imbere y’Isi yose Taylor Swift utarambana n’abagabo yasomanye na Travis Kelce

Latest from HANZE

Go toTop