Umugabo yasabye umugore we kuzabyara umwana umwe gusa amuteye inda abyara impanga biramubabaza cyane

20/07/2023 17:38

Umugabo yarize ndetse aranababara cyane nyuma yo gusaba umugore we kubyara umwana umwe ariko akamutera inda yababiri agaterwa agahinda nuko aribo yabyaye.

 

Uyu mugabo wafunguye urubuga rw’umuryango we kuri Tik Tok akarwita ngo ‘Mr and Mrs Levy’ yanyujijeho aya mashusho agaragaza ko ababajwe cyane n’uyu mugore we wamubyariye babiri kandi we yiguzaga umwe.

 

Uyu mugabo yagize ati:” Njye nasabye umugore wanjye umwa umwe none yampaye 2″. (Ashyiraho Emoji z’amarira).

 

Abahize icyo bavuga kuri aya mashusho , bagaragaje ko uyu mugabo atari akwiriye kuvuga ibi , gusa nanone bamwe mu babyeyi bagaragaza zimwe mu mbogamizi ziba mu kurera abana babiri (Impanga).

 

Muri aya mashusho byagaragaye cyane ko uyu mugabo arimo kugorwa n’aba bana cyane.

https://youtu.be/XiVVTEz1-qk

Advertising

Previous Story

Tity Brown Nyuma yo kumva ubushinjacyaha bumusabira igifungo cy’imyaka 25 Amarira yazenze mu maso atuma umwunganira ati ‘Munsengere munsabire nsohoke aha hantu (Gereza)’ ! Kuki urubanza barwimuriye mu kwa 9 ?

Next Story

“Niba uri umukobwa ukabona umusore ugukura kuriri zuba rya Kigali siga byose umusange” ! Gihozo Nicole

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop