Umugabo yarize agahinda karamwica nyuma yo gusanga inzu amaze imyaka 11 akodesha yari iyumugore we atabizi

08/08/2023 10:32

Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yavumbuye ko burya inzu amaze imyaka 11 abanamo n’umugore we, nyiri nzu cyangwa nyiribyondo yari umugore we babana.

 

Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa TikTok nibwo hagaragaye mo uyu mugabo agahinda kamwishe nyuma yokumenya ubuhemu bw’umugore we.

 

Uyu mugore we bivugwa ko yahamagawe nundi mugore we mugenzi we ngo agende amubwire, akihagera abaza wamugore icyo amuhamagaruye.

 

Ako kanya umugabo we aba araje avuga ko ariwe wategetse uwo mugore kumuhamagara, ahita anamubwira ko yabimenye byose ko ariwe nyiri nzu babanamo.

 

Uyu mugabo ngo yari amaze imyaka 11 akodesha iyo inzu, kumbi Ari iyumugore we bamaranye imyaka 18 Ari umugabo n’umugore.

 

Mu mashusho Kandi mu burakari bwinshi uyu mugabo yabajije umugore we aho amafaranga asanga ibimbi 350,000 yishyuraga aho yagiye, umugore atangira kurya indimi avuga ko yatuburiwe.

 

Umugabo nawe mu gahinda Kenshi yabwiye umugore we ko bakomeza kumukina imikino aratuma umugabo akora ibintu bibi.

 

Nibwo uyu mugore yaje kwemera byose ko burya inzu ariye.

 

Ese ubu uyu mugore Ari umugore wawe, wakora iki!

 

 

 

 

 

Source: gistreel

Advertising

Previous Story

Hamenyekanye igishobora gutuma umusozi umwe wo mu Rwanda uhora waka umuriro w’amayobera

Next Story

Nyarugenge: Umugore yatawe muri yombi nyuma yo kumena amazi ashyushye kubana be abaziza gukata amashu manini

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop