Umugabo yafunzwe azira gutera inda umwana na nyina uwo mugabo bamushinja ihohoterwa

04/06/2023 09:46

Ibintu byatangaje abatari bacye, umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria yafungiwe mu Bwongereza nyuma y’uko ateye inda umwana na nyina ubyara umwana.

Ibintu byagiye ku karubanda nyuma y’uko bigaragaye ko umwana na nyina bose batwite ubonako indi ziri kugaragara.

Umuryango wose muri rusange washenguwe nibyabaye kuri abo bombi dore ko bakomeje kuvuga ko babibonamo ihohotera ndetse byaje kurangira batanze ikirego mu bashinzwe iperereza mu gihugu cy’Ubwongereza.

Mugihe Iperereza rikomeje, uyu mugabo wo muri Nigeria ubu ari mu maboko y’abashinzwe umutekano ndetse ko bakomeje gukora uko bashoboye ngo bashyire hanze ibizava mu iperereza.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

“Nanze kwirirwa nteze amaboko abasore mpinduka umubumbyi” ! Umukobwa mwiza ubumba imitako i Kigali yagiriye inama bagenzi we

Next Story

Hagiye gutangizwa irushanwa mpuzamahanga ryo gukora imibonano mpuzabitsina ryiswe ngo European Sex Championship aho bazajya bakoresha n’umunwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop