Hagiye gutangizwa irushanwa mpuzamahanga ryo gukora imibonano mpuzabitsina ryiswe ngo European Sex Championship aho bazajya bakoresha n’umunwa

04/06/2023 11:39

Guhera tariki 8 Kamena mu gihugu cya Suede hagiye gutangizwa irushwa ryo gukora imibonano mpuzabitsina aho rizitabirwa n’abazaba bakora imibonano mpuzabitsina.

Nibwo bwambere iri rushanwa rizaba ribaye muri iki gihugu cyo kumugabane w’Iburayi aho abaryitabira bazajya bayikora byibura hagati y’iminota 45 n’isaha bari gutera biteganyijwe ko bazamara Ibyumweru 6 batera akabariro bushakamo Umuhanga muri bose.

Ikinyamakuru Times Of India igihe bakesha iyi nkuru , cyanditseko hamaze kwitandikisha abantu 20 bazahatana mu byiciro bitandukanye birimo , gutegura uwo mu giye gukorana icyo gikorwa , gukoresha umunwa mu gushimishanya , ubuhanga mu kunanura umubiri , ubuhanga muguhinduranya uburyo ndetse no kumenya inshuro ababikora barangije.

Uwitwa Dragan Bratych uyubora ishyirahamwe Swedish Federation of Sex, yatangaje ko bateguye iri rushanwa bashaka kwerekanako imibonano mpuzabitsina ari irushanwa nk’ayandi marushanwa.

Uyu mugabo yakomeje avuga ko bifuza ko iyi mikino izamamara no mubindi bihugu.Abemera Imana no bavuga ko Satani ari gukoresha amayeri menshi , bagira inama abantu yo kwihana bagakizwa kuko iminsi yimperuka igiye kurangira.

 

Advertising

Previous Story

Umugabo yafunzwe azira gutera inda umwana na nyina uwo mugabo bamushinja ihohoterwa

Next Story

“Abasore barantinya kandi mperutse gushwana n’umukunzi kubera gukina filime” ! Teta muri Bamenya yahishuye uburyo bamufata nk’udashobotse

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop