“Umugabo wanjye yaranyanze ngo nuko mbyibushye cyane ansaba gatanya nanjye niyitaho none ubu arikwicuza impamvu yantaye” ! Umugore yahaye inama abagabo bata abagore babo

by
23/07/2023 20:28

Ubusanzwe kubyibuha mu bihugu bimwe na bimwe bifatwa nk’umunezero kuburyo umuntu ubyibushye aba afite ijambo gusa nanone hari aho imico igera ikarengera umuntu akanga mugenzi we amuhoye umubyibuho kandi atariremye nk’uko byabaye kuri uyu mugore tugiye kugarukaho.

 

Uyu mugore yagaragaje ko nyuma yo kwangwa n’umugabo we ndetse agasaba gatanya kubera uburyo yari abyibushye, yahise afata umwanzuro wo gushaka uko yabaho ubuzima bwe kandi agatangira gushaka uko uwo mu byibuho wagenda burundu.

 

N’ubwo umugabo we atifuzaga umubyibuho we ngo byatumye agira icyo abikoraho.Muri aya mashusho yashyizwe kumbuga nkoranyambaga uyu mugore avuga ko yakoze siporo kugira ngo yereke umugabo we wamutaye ko atagombaga kubikora.

 

Kugeza ubu uwari umugabo we ngo yicuza kuba yarabuze umugore mwiza Kandi akamubura ntacyo amuhoye.Yagiriye inama abandi bagabo , abasaba kujya bareka kwirukana abo bashakanye kubera irari ry’umubiri ahubwo abasaba kujya babafasha kuba abo bifuza.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Yanze gusiga umwana we arwaye ! Umunyamakurukazi wajyanye umwana we muri Studio za Radio akomeje gushimirwa ubutwari yagize

Next Story

Zuchu yavuze ko inda atwite atari iya Diamond Platinumz ndetse arenzaho ko ngo atamutwitira rwose

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop