“Umugabo wanjye bamuhimbye Aburahamu kubera kuryamana na buri mukobwa mu gace dutuyemo kandi ndabirambiwe ” – Agahinda k’umugore baca inyuma buri munsi ugisha inama

15/04/2023 15:50

“Umugabo wanjye bamuhimbye Aburahamu kubera kuryamana na buri mukobwa mu gace dutuyemo kandi ndabirambiwe ” – Agahinda k’umugore baca inyuma buri munsi ugisha inama

Uyu mugore yagize ati:” Umugabo wanjye bamubatije ‘Father Abraham’ kubera uburyo aryamana n’uwo abonye wese mu gace dutuyemo.

Umugabo wanjye atereta umukobwa wese abonye ndetse ntawe umucaho atamuterese cyangwa ngo amuhamagare. Ibi umugabo wanjye akora bituma abantu bose bagenda bamvuga ntibananyubahire umugabo”.

Uyu mugore agaragaza ko inshuro zose yashakaga kubaza umugabo ibyerekeye aya makosa , avuga ko amusaba imbabazi cyane ndetse ngo akamubwira ko atazongera kubivuga.Ati:” Nukuri ndagusabye , mbabarira ntabwo nzongera kuguca inyuma.

Abantu benshi banyereka amafoto ye arikumwe n’abandi bakobwa , ndetse bakanyereka n’amashusho bari gusomana”.

Uyu mugore yagishije inama z’icyo yakora kugira ngo umugabo we abicikeho.

src: Vipasho.co.ke

Advertising

Previous Story

Umugabo wahinduye umubiri we ngo ase n’ikivejuru, yavuze ko resitora zitinya kumuha ibyo asabye

Next Story

“Ntabwo wabona umugabo udaca inyuma uwo bashakanye , uwo nta n’ubwo abaho kuri iyi si” – Belinda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop