Umugabo wakoresheje umwana filime y’urukozasoni yakatiwe nurukiko

04/03/2023 20:31

Ibi byabaye kuya 1 Werurwe 2023, ubwo abapolisi bo mu ishami rya polisi rya Marion bataye muri yombi Jon Vitello, ufite imyaka 38 ya Marion, azira Ubusambanyi burimo umwana muto (pandering).

Nk’uko byatangajwe n’ishami rya polisi rya Marion,Uy’umugabo yatawe muri yombi nyuma y’icyaha akurikiranweho yakoreye ku mbuga nkoranyambaga (interineti) Ohio gusa iki cyaha cyatanzwe n’umuryango ushinzwe abana witwa Task Force.

Ishami rya polisi rya Marion ryahise ryihutira gukora iperereza kuri uru rubanza kubera ko Vitello yakoreshwaga nk’umunyamasezerano kw’ishuri rya Galion City School agakora nk’umutoza wa siporo.Gusa ngo nubwo aba arihafi y’abana, abashinzwe iperereza basanze nta kimenyetso cyerekana ko Vitello
yakoraga ibikorwa bidakwiye cyangwa bitemewe n’amategeko murabo banyeshuri.Iki cyaha akurikiranweho ni icyaha cyo mu rwego rwa 2 doreko ingingo n’amabwiriza y’ikigihano avugakoaramutse ahamwe n’iki cyaha yahanishwa igifungo kiri hagati y’imyaka 2 nu 8.

Ishami rya polisi rya Marion ryamenyeshejwe ku byaha byakozwe na Bwana Vitello n’icyaha cyakorewe kumbugankoranyambaga bizwi nga (interineti)kandi cyatanzwe naTask Force ishinzwe abana (ICAC).

Ibi byabaye ku bufatanye n’inzego z’umujyi, intara, na leta ndetse n|imiryango ishinzwe kubahiriza amategeko hirya no hino muri Ohio intego nuguta muri yombi no gukurikirana abantu bakoreshainterineti kugira ngo bashukishe abana bato babashora mu mibonano mpuzabitsina itemewe;harimo kubyara, gukwirakwiza cyangwa gusaba filime zurukozasoni (porunogarafiya)bagamije gukururira abanamubusambanyi.

Umuyobozi mukuru wa polisi ya Marion, Jay McDonaldAti: “Ibi ni ibyaha bikomeye kandi bihanishwa ibihano bikomeye. Abashinzwe kubahiriza amategeko hamwe n’abandi bafatanyabikorwa bacu bahora bakurikirana interineti ku bantu bakora, bacuruza cyangwa bareba poronogarafi y’abana kandi abakoresha iki cyaha giteye ishozi bazafatwa bakurikiranwe. Nishimiye akazi k’ibyaha bya interineti byaOhio byibasiye Task Force y’abana ndetse n’abapolisi bo mu ishami rya polisi rya Marion kuberaibikorwa byiza bakoze kugeza ubu muri uru rubanza

Ivomero:wktn.com
Umwanditsi: Bimenyimana Jean de Dieu felicien

Advertising

Previous Story

Makanyaga Abdul babitse ko yapfuye arembye cyane yabaye ahagaritse umuziki

Next Story

Umukobwa numusangana ibi bimenyetso 5 uzamenye ko akiri isugi

Latest from Imikino

Go toTop