Umugabo wafashe kungufu imbwa 42 akanazica yatawe muri yombi

28/09/2023 11:31

Hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje kuvugishwa n’inkuru y’umugabo wafashwe amaze gufata kungufu imbwa 42 ndetse akanazica, akaba yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano.

 

Ubusanzwe uyu mugabo witwa Adam Britton yari ureberera inyamashwa aho Ziba bimwe bita Zookeeper mu rurimi rw’amahanga, bikaba bikomeje gutangaza benshi kuntu umugabo nkuwo ariwe wakora ibyaha nkibyo byo guhohotera inyamashwa akwiye kwitaho.

 

Nkuko byatangajwe byavuzwe ko uyu mugabo ibi byaje byo gufata kungufu imbwa no kuzica yabikoreye mu gihugu cya Australia.

 

Akaba yarafashwe ndetse ubu akaba yagejejwe imbere y’urukiko kugira ngo aburane ku byaha aregwa ndetse nawe yemera.Mu byaha yemera, uyu mugabo Adam Britton yemera ko yafashe kungufu ndetse akanica imbwa zitari munsi ya 39.

 

Uyu mugabo w’imyaka 52 bivugwa ko yafashe kungufu n’imbwa ze ebyiri, imwe yitwaga Ursa indi yitwa Bolt.Abashinzwe iperereza Kandi bavuze ko uyu mugabo yafashe kungufu imbwa ze ebyiri mbere ho imyaka 10, Aribwo yahise yimukira muri Australia gushaka izindi nyamashwa afata kungufu.

Source: Radio Jambo

Advertising

Previous Story

Ni ubwambere ahageze ! The Ben yagize icyo avuga kuri Lino G , Big Fizzo na Sat B bazafatanya mu gitaramo azakorera i Burundi

Next Story

Dore ibintu ukwiye gukora niba umwana wawe anyara ku buriri

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop