Umudage watozaga Liverpool afashe umwanzuro ukomeye

26/01/2024 15:20

Uwari umutoza wa Liverpool ufite inkomoko mu gihugu cy’u Budage Jurgen Klopp yafashe umwanzuro wo kuzatandukana n’iyi kipe mu mpera z’uyu mwaka w’imikino akajya kuruhuka.Aya makuru atarimeza kubakunzi ba Liverpool yagiye hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2024 bitangajwe na Liverpool kumbuga nkoranyambaga zayo.Iyi kipe ya Liverpool ikina icyiciro cya Mbere cya Shampiyona y’Ubwongereza.

Uyu mutoza [ Jurgen Klopp ] ukomoka mu gihugu cy’ Budage afite imyaka 56 y’amavuko, yageze muri Liverpool muri 2015 ndetse yari afite amasezerano yarikugera muri 2026 gusa nk’uko byamaze gutangazwa uyu mutoza bibaye ngombwa ko ayivamo imbura gihe.Klopp avuga ko ibyo kuva muri Liverpool yabitangarije ba nyirayo muri 2023 mu Ugushyingo agaragaza ko n’ubwo ashaka kuyivamo ariko ngo akunda abantu bo mu Mujyi wa Liverpool, abafana n’abakinnyi bayo”.

Uyu mugabo w’imyaka 56 yagaragaje ko atagiye ahandi ahubwo ko agiye kujya kuruhuka akajya hanze y’ikibuga n’ibikorwa bya ruhago nk’uko ibinyamakuru mpuzamahanga byibanda ku mikino biri kubitangaza.Kugeza ubu Liverpool ifite igikombe bine (4) iri gukira aribyo ; Primier League , FA Cup, Community Shield, Champions League na UEFA CHAMPIONS LEAGUE n’Igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Advertising

Previous Story

M23 yavuze icyo igihe gukora nyuma y’aho FARDC yivuganiye abasivile 20 ikoresheje imbuga za Rutura

Next Story

Umukunzi wa Rudeboy yavuze uburyo yaharabitswe n’abantu

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop