Umsore yakoze ubukwe n’umukobwa bahuriye mu ishuri bagakundana imyaka 16

by
24/07/2023 19:18

Umusore wo mu gihugu cya Nigeria, akomeje gushimisha abatari bake nyuma gukora ubukwe n’umukobwa bahuriye mu ishuri bagakundana imyaka igera kuri 16 yose.

 

Amakuru avuga ko uyu musore yakundanye n’uyu mukobwa bwa mbere ubwo bari mu mashuri yisumbuye gusa bacyiga mu cyiciro cya Mbere , ni ukuvuga ko batari baragera mu mwaka wa 4 w’amashuri yisumbuye.

 

Aba bombi ngo batangiye gukundana bavugana bisanzwe biza kurangira urukundo rwabo rugeze kurundi rwego , baba inshuti magara kuburyo ababazi bemeza uburyo aba bombi bahoraga hamwe ndetse n’imyitozo y’ishuri bakayikorera hamwe aribyo byakomeje kubafasha kugeza biyemeje kubana.

 

Uyu musore yabaye intwari muri bagenzi be dore ko aciye agahigo ko gukundana n’umukobwa imyaka myinshi inkuru y’urukundo rwabo igakomeza bombi babanye akaramata babihamirishije ikiganza cyabo.

Uyu musore witwa Akpan, avuga iby’urukundo rwabo , yanagaragaje amafoto yabo y’ubukwe bakoreye mu gace k’iwabo

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Abantu 17 bashaka gusimbura Mayor wa Rubavu bamaze gutanga Kandidatire zabo

Next Story

Umugabo yarize amarira amushiramo nyuma yo gupimisha DNA agasanga mu

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop