TAMIRA IFI MU NYARWANDA ! Reba ahantu warira ifi yokejwe uhibereye ku giciro gito cyane – AMAFOTO

21/01/2023 19:02

Ubusanzwe ifi iraryoha igakundwa na benshi.Ifi nicyo kiribwa cyiza abantu barya bakumbuye by’umwihariko iyo bayibabuye cyangwa yokeje mu buryo bugezweho.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya ahantu wayisanga mu Rwanda.

El Classico Beach ni Bar&Resto iherereye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba
hafi y’uruganda rwa Brasserie rukora ibinyobwa.El Classico Beach iherereye hafi
y’ikiyaga cya KIVU ku nkengero zacyo aho abantu batembera mu bwato bwiza
bw’ubwoko bwose.Kuri El Classico Beach hayoborwa n’umugabo uri mu bakunzwe
cyane mu Rwanda ‘Fire West’ cyangwa West W’i Rwanda, agufasha mu buryo bwose
na cyane ko ari we uhasanga cyangwa ukaba wamuhamagara cyangwa ukamwandikira kuri Watsapp Numero 0783256132


ESE IYI FI YO KURI EL CLASSICO BEACH GISENYI ITEGURWA ITE ?

Iyi fi yo Kuri El Classico Beach irobwa mu Kiyaga cya Kivu uhicaye
bakayizana isa neza, igategurirwa mu cyokezo cya Kizungu, igashyirwaho;
IFIRITI n’ibindi birungo byabugenewe bakayikuzanira isa neza kandi ku
giciro gito.Nyuma yo kuguha iyi Fi nziza ufata icyo ushaka cyo kunywa.
Uretse iyi Fi nziza, kuri ‘El CLASSICO BEACH GISENYI’, ushobora kuhasanga n’abandi mafunguro y’ubwoko bwose.

MURI GAHUNDA YA TAMIRA IFI MUNYARWANDA harimo kugabanyirizwa ibiciro ku rwego rwiza ku buryo.Muri gahunda ya ‘Tamira ifi mu NyaRwanda’ bagutembereza mu bwato bwiza hagati mu kiyaga cya KIVU.Muri gahunda ya ‘TAMIRA IFI MU NYARWANDA’ iyo uguze ifi imwe bakongeza iya kabiri. Hamagara WEST cyangwa umwandikire kuri Watsapp “ 0783256132”.

‘IBINDI WASANGA KURI EL CLASSICO BEACH’
Kuri El Classico Beach wahasanga ahantu heza ho gukorera ibitaramo ndetse n’ibindi birori birmo ; Ubyubuwe, amasabukuru y’amavuko ndetse n’ibindi birori by’ubundi bwoko.
Kuri El Classico Beach,uhasanga ubwato utemberamo n’inshuti zawe , iyo ufite umukunzi cyangwa umuryango ukabazana baguha ‘Promotion’.Ubusanzwe ifi iraryoha igakundwa na benshi.Ifi nicyo kiribwa cyiza abantu barya bakumbuye by’umwihariko iyo bayibabuye cyangwa yokeje mu buryo bugezweho.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya ahantu wayisanga mu Rwanda


UKENEYE IBINDI BISOBANURO WAHAMAGARA KURI 0783256133 CYANGWA UGAKORESHA WATSAPP 0783256132


Advertising

Previous Story

Dore uburyo wamenya ko umukobwa ukuri imbere ari isugi

Next Story

Inkuru y’urukundo rw’umubikira muri Catholic wakundanye n’umu Monk bikarangira amurongoye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop