Advertising

Imirongo 3 niyo iri muri iki kiganza

Ubusobanuro bw’imirongo iba mu kiganza cyawe

20/02/2024 07:51

Benshi mu bafite ubuhanga bwo kureba ahazaza h’umuntu bibanda cyane mu kureba mu kiganza cy’uwo bashaka kurebera bagendereye kwita ku mirongo ikirimo.Muri iyi nkuru turaza kurebera hamwe icyo iyo mirongo isobanuye n’impamvu bamwe bagira mu kiganza imirongo 3 abandi bakagira 4.

 

Abitegereza ibi , bareba ku gitsina cya nyiri ikiganza, bakareba cyane ku miringo ikirimo [Umubare wayo], bakaba bamenya ubutunzi azagira cyangwa ubuzima azabamo.Benshi bagira imirimo 3 mu kiganza cyabo bakivuka , mu gihe abandi baba bafite imirongo 4 ibi bikaba bishatse kuviga ko ubuzima bw’umuntu bugira igisobanuro n’inzira azacamo byanga bikunze.

 

Benshi mu batuye Isi , bemeza ko iyi mirongo iri mu kiganza cyawe , icyanjye n’icy’uwo muziranye nta busobanura na buto ifite, ariko se nibyo ? Abahanga muri byo [Palmistry] , bavuga ko umurongo wa mbere wo hejuru [Head Line – Wisdom line] , usobanuye ubuhanga bw’umuntu kuko ngo hakoreshejwe ibipimo ushobora kugaragaza IQ ufite.Uyu murongo kandi  ngo ugaragaza ubuhanga uwo muntu afite mu buryo butandukanye.Bavuga ko uko uyu murongo wiyongera ari nako muntu agira gushishoza no guca imanza [Gukiranura abantu neza] no gutekereza cyane.

 

Umurongo wa Gatatu , uba ugaragaza ubukungu [Ubukire].Uyu murongo hamwe n’uwa kabiri ngo bihagararira uko umuntu agaragara n’ubutunzi azagira mu buzima bwe.Bavuga ko benshi mu bafite uyu murongo baba abakene.Ikindi kintu kivugwa kubafite imirongo 3 mu kiganza , bivugwa ko badakunda kurwara cyane.

 

DORE UKO IYO MIRONGO ISOBANURWA KUBAFITE IMIRONGO INE ;

1.Head Line,

2.The Fate Line,

3.The Heart Line,

4.The Life line.

Imirongo 4 iri muri iki kiganza
Imirongo 3 niyo iri muri iki kiganza

 

Previous Story

Zari Hassan iyo ataza kuva muri muzika aba arenze Diamond Platnumz ! Byinshi utamenye ku buhanzi bwe n’umubare w’indirimbo ze – VIDEO

Next Story

Nkore iki ?: Maze imyaka 51 mbana n’umugore wanjye ariko mperutse gusanga mu bana bose twabyaranye nta wanjye urimo!

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop