Tiwa Savage akomeje kurangaza abasore

03/01/2024 07:46

Umunyamuziki wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo iyitwa ‘No Wahala’ , akomeje gushyira hanze amafoto umusubirizo.

Uyu mugore ufite umwana umwe akunda cyane yashyize hanze amafoto avugisha abatari bake ninyuma yo guhura n’abarimo ; Sophia Momodu wabyaranye na Davido , Toke Makinwa, n’ibindi byamamare bari gusangira umwaka mushya.

Ubusanzwe amazina yiswe n’ababyeyi Tiwatope Omolara Savage, avuka tariki 5 Mutarama 1980 yamamara nka Tiwa Savage.Ni umwanditsi w’indirimbo, umuhanzi akaba n’umukinnyi wa Filime.

Aririmba mu cyongereza no mu rurimi rwo mu gihugu cye cya Nigeria ‘Yoruba’.Yashakanye na Tunji Balogun muri 2013 batandukana muri 2018.

Tiwa Savage aririmba injyana ya Afro Beats, R&B , Pop , Hip Hop na Soul.

Advertising

Previous Story

“Niba narakuguriye ikinini ni gute wavuga ko inda ari iyanjye?” FILIME BAD FAME IGICE CYA 5 cyageze Hanze!.

Next Story

Nyanza : Umugabo yanizwe n’inyama arapfa

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop