Sobanukirwa neza akamaro k’imisatsi iza ku myanya y’ibanga y’umugore ! Burya kutayogosha nabyo ni ingirakamaro

01/10/2023 17:06

Ubusanzwe birazwi ko umukobwa cyangwa umuhungu utangiye kugera mu myaka yubukure atangira kuzana imisatsi cyangwa ubwoya ku myanya ye y’ibanga. Abantu benshi ntibazi akamaro kayo, ariko twabakoreye ubucukumbuzi tubamenyera akamaro kayo cyane ko mukobwa cyangwa umugore.

 

 

 

ESE WARUZI NEZA KO IMISATSI IMERA KU MYANYA Y’IBANGA Y’UMUGORE ARI INGIRAKAMARO KU BUZIMA BWE!?

 

 

Usibye ubundi muri iyi myaka tugezemo aho abakobwa benshi bayikuraho burundu kubera gucyenera kwambara utwenda twimbere gusa bakagenda, ariko ubusanzwe akamaro kamere kubwoys bumera ku myanya y’ibanga y’umugore cyangwa umukobwa ni ikimenyetso kiza kikwereka ko umukobwa akuze cyangwa atangiye gukura cyane ko ubwo bwoya budapfa kuza ku mwana ukiri muto, guhera ku myaka 14 kuzamura bitewe ningano yimisemburo ufite mu mubiri wawe.

 

 

 

 

Igira akamaro kanini cyane, nkuko ubwoya bumera mu mazuru cyangwa ubwoya bumera mu matwi cyangwa ubwoya bumera ku maso bugirira umubiri wawe akamaro, nubu bumera ku myanya y’ibanga yawe ni uko bimeze. Ifasha cyane mu gutuma icyuya kiba cyangwa kuza ku myanya yibanga yawe bitajya mu gitsina, aho ndavuga cyane cyane ku bakobwa cyangwa abagore.

 

 

 

 

Ikindi kandi gikomeye, buriya bwoya bumera ku myanya yibanga y’umugore cyangwa umukobwa ifasha mu kurinda cyangwa kurwanya imyanda yose ishobora kwinjira mu gitsina. Iramutse yinjiyemo bishobora kugutera indwara zikomeye cyane nka infection zituruka mu mibonano mpuzabitsin cyangwa infection ziterwa ninkari.

 

 

 

Inzobera ku buzima bwa muntu, zivuga ko kugirira isuku igitsina cyane cyane igitsina gore atari ukogosha ubwo bwoya buba ku gitsina gore. Oya bavuga ko ushobora kugirira imyanya yibanga yawe isuku utarinze kogosha ubwo bwoya cyangwa uwo musatsi umera ku myanya y’ibanga.

 

 

 

ESE NI BYIZA KOGOSHA UBWO BWOYA BUZA KU MYANYA Y’IBANGA Y’UMUGORE!?

 

 

Inzobere zivuga ko kubwogosha ari byiza ariko ko no kutabwogosha ntakintu bitwaye kubera umumaro munini bufitiye igitsina. Ushobora kubyumva gutya n’ibihe agaciro ariko ni ibintu bikomeye ku buzima bwawe. Mu gihe wahisemo kubwogosha koresha ibikoresho byizewe Kandi bifite isuku. Mu gihe wahisemo kutabwogosha Kandi haranira isuku yabwiye ukarabeho Kenshi gashoboka ukoresheje amazi yakazuyaze.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

 

 

Source: www.acog.org

Advertising

Previous Story

Dore inshuro umuntu umeze neza akwiye kujya kunyara na Litiro z’inkari atagomba kurenza

Next Story

Dore ibyiza byo gukundana n’umusore cyangwa umukobwa mugufi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop