“Sinatereta umukobwa umwe gusa kandi umukunzi wanjye yemerewe gusambana n’abandi bagabo mu gihe abishaka” ! Hermes yagaragaje ko atakundana n’umukobwa umwe

03/06/2023 14:12

Umusore umwe mu byamamare byo muri Nigeria, Hermes yifashishije video yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yavuze muntu ariwe iyo bigeze mu guteretana.

REBA HANO VIDEO NZIZA TWAGUHITIYEMO

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yashize hanze video avuga ko ari umugabo utatereta umukobwa umwe Kandi ko umukunzi we yemerewe gusambana n’abandi bagabo niba abishaka cyangwa abikunze.

Yavuze ko kandi Ari umugabo uzwiho kugira abakunzi benshi, ndetse ko ataryamana n’umukobwa umwe hubwo we aba ashaka benshi.

Iyo umukunzi we atabyishimiye, ngo aba yemerewe nawe kujya gushaka abandi bagabo baryamana nawe, cyane ko yavuze ko atajya afuha kuko ngo yize kurwa nifuhe mu buzima bwe.

REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO

Mu magambo ye yagize ati ” sinatereta umukobwa umwe gusa umukunzi wanjye yemerewe gusambana n’abandi bagabo niba abishaka, ngira abakunzi benshi, nkunda gusambana n’abakobwa bagiye batandukanye, iyo umukunzi wanjye atabyumvishe yajya gushaka ahandi yakura abamushimisha.

 

Ifuhe ni ikintu nataye kure cyane ko ntafuha.” Uyu musore akora ikiganiro kitwa Big brother naija reality show, ndetse arinacyo cyamugize icyamamare.

REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Menya imyaka myiza ku mugore yo gutwitiraho

Next Story

Umugabo ufite abana 102 n’abagore 12 yavuze impamvu agiye guhagarika gukomeza kubyara abana benshi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop