Menya imyaka myiza ku mugore yo gutwitiraho

02/06/2023 19:58

Ni iyihe myaka myiza ku mugore kuba yabyaraTugendeye ku mpamvu ningero zifatika za biology.

Imyaka ni ikintu kinini kingenzi ku mugore mu kubyara, cyane ko habaho imyaka myiza ku mugore kuba yabyara.

Umugore ku myaka ya za 20, uburumburucye bwe buba buri hejuru icyitwa Ovaries zikora amagi menshi Kandi afite ubushobozi buri hejuru. Naho ku myaka ya za 30, uburumburucye bwe buba buri hasi dore ko Ovaries zikora amagi macye ndetse adafite ireme.

Uburumburucye bugabanuka cyane ku myaka 35, iyo bigeze kuri 40 byo noneho biba byageze hahandi amagi atagikorwa.Imyaka igira uruhare runini mu kubyara ku mugore.

Ubushakashatsi bwakozwe ni shuri ryo muri America, American college of obstetricians and gynecologists (ACOG) bwagaragaje ko abagore bari munsi y’imyaka 30, 20-25% aribo bagira amahirwe yo gutwita mu minsi yabo.

Gusa ngo ubuzima ubamo nabwo bugira ingaruka ku gutwita kwawe. Urugero kunywa amayoga n’itabi bigira ingaruka nini ku gutwita kwawe. Rero imyaka myiza ku mugore ku gutwita cyangwa se gutwika ku mugore Kenshi bigirwaho ingaruka nubuzima abayemo.

ACOG bagaragaje ko abagore bari munsi y’imyaka 30 y’amavuko bafite amahirwe angana na 20-25% yo kuba basama, naho abagore bari hejuru y’imyaka 40 bakagira amahirwe angana na 5%.

Gusa abagore bose si bamwe buri wese afite umwihariko we, nta myaka ngenderwaho myiza yo kubyara, gusa ugendeye ku mpamvu twatanze wakuramo ikintu gifatika.

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

“Sinshaka umugabo w’undi mugore nshaka umugabo wanjye uzanyitaho akita kubyo nkora “ ! Ruth Eze yagaragaje ko atifuza kujya aca inyuma abagore b’abandi yitwaje ubwiza n’ikimero bye

Next Story

“Sinatereta umukobwa umwe gusa kandi umukunzi wanjye yemerewe gusambana n’abandi bagabo mu gihe abishaka” ! Hermes yagaragaje ko atakundana n’umukobwa umwe

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop