Advertising

Dore impamvu abasore aribo batereta kurusha abakobwa

04/07/2023 21:21

Ubyemere cyangwa ubyange ariko imibare igaragaza ko abasore aribo bakunda gutereta cyane kurenza abakobwa.Nubwo hari abakobwa bishakira abo bazabana ariko ngo mu mico itandukanye biracyari kugipimo cyo hasi.

Umuhanga mu rukundo witwa John Gray yaragize ati:” Abagabo nibo bambere babasha kwegera abagore ninayo mpamvu no mu busore abasore bakunda cyane abakobwa.Ibi nanone bituruka ku mico yabo bitewe n’aho bavukiye cyangwa bakuriye.

ESE NI IZIHE MPAMVU TWAVUGA ZITUMA ABASORE BATERETA KURENZA ABAKOBWA ?

1.Ntabwo bagira isoni cyangwa intege nke.

Muri Kamere y’abasore barangwa n’imbaraga n’umuhate ndetse nta soni baterwa n’ibyo bahisemo niyo mpamvu barusha abakobwa gutinyuka.

2. Bita kumirimo yabo

Burya ntabwo umusore azata akazi ke ngo yirirwe ari koza amasahani cyangwa indi mirimo.Ibi bituma umusore ashaka umukobwa uzajya amwitaho.

3.Ntibaterwa isoni nabyo.

Nk’uko twabigarutseho haraguru burya umukobwa yaterwa isoni no kwegera umusore akamubwira ko amukunda ariko nta musore waterwa zo no kubwira umukobwa ko amukunda kuburyo n’uwo bibayeho bifatwa nk’igisebo.

Previous Story

Nkunda cyane Pasiteri wanjye kandi mfite umugabo tubana

Next Story

Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we muri Barbados abantu bemeza ko bishoboka kugira umuryango hejuru ya 30

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop