Dore impamvu abasore aribo batereta kurusha abakobwa

04/07/2023 21:21

Ubyemere cyangwa ubyange ariko imibare igaragaza ko abasore aribo bakunda gutereta cyane kurenza abakobwa.Nubwo hari abakobwa bishakira abo bazabana ariko ngo mu mico itandukanye biracyari kugipimo cyo hasi.

Umuhanga mu rukundo witwa John Gray yaragize ati:” Abagabo nibo bambere babasha kwegera abagore ninayo mpamvu no mu busore abasore bakunda cyane abakobwa.Ibi nanone bituruka ku mico yabo bitewe n’aho bavukiye cyangwa bakuriye.

ESE NI IZIHE MPAMVU TWAVUGA ZITUMA ABASORE BATERETA KURENZA ABAKOBWA ?

1.Ntabwo bagira isoni cyangwa intege nke.

Muri Kamere y’abasore barangwa n’imbaraga n’umuhate ndetse nta soni baterwa n’ibyo bahisemo niyo mpamvu barusha abakobwa gutinyuka.

2. Bita kumirimo yabo

Burya ntabwo umusore azata akazi ke ngo yirirwe ari koza amasahani cyangwa indi mirimo.Ibi bituma umusore ashaka umukobwa uzajya amwitaho.

3.Ntibaterwa isoni nabyo.

Nk’uko twabigarutseho haraguru burya umukobwa yaterwa isoni no kwegera umusore akamubwira ko amukunda ariko nta musore waterwa zo no kubwira umukobwa ko amukunda kuburyo n’uwo bibayeho bifatwa nk’igisebo.

Advertising

Previous Story

Nkunda cyane Pasiteri wanjye kandi mfite umugabo tubana

Next Story

Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we muri Barbados abantu bemeza ko bishoboka kugira umuryango hejuru ya 30

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop