Hamaze kumenyekana ijambo rigira riti “inka udakama ntukayihe ubwatsi” iyi nteruro ni yo yatumye abakobwa bakanguka matangira kurwana intambara yo kwihenura ku basore babakene
Umuhanzikazi w’icyamamare, Selena Gomez, yahishuye ko amaze igihe atakiryama mu buriri bwe n’icyumba cye ko yakiretse, yavuze ko ibi bifite aho bihuriye n’ubuzima bwe
Umwongereza Liam Payne wakunzwe mu itsinda rya One Direction ryigaruriye imitima y’abatari bake mu myaka ishize, yitabye Imana ahanutse muri etage ya gatatu mu