Perezida w’urwanda Yazaniye amazi uwa Kenya ahita asomaho

by
05/04/2023 11:59

Nyakubahwa perezida Paul Kagame yagaragaye azanira amazi perezida wa kenya ‘William Ruto’ubwo yararimo kuvuga ijambo, ibintu byakoze ku mitima ya benshi.

Nk’uko tubikesha ‘Apanews’ Perezida wa kenya ‘William Ruto’ ari mu Rwanda guhera kuwa 2 mu ruzinduko rw’iminsi ibiri aho yahageze kuri uyu wa 2 kuwa 4 mata 2023.

Nk’uko byari biteganyijwe yagombaga kuganira n’umukuru w’igihugu cy’urwanda perezida wa Repuburika Paul  Kagame, nyuma akabona kujya mu itangazamakuru.

Mu ruzinduko rwe kandi arasura urw’ibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi.

Perezida ‘William Ruto’ yatowe mu kwa cumi na kabiri umwaka ushize aho yatsinze amatora ahigitse uwitwa ‘Raila odinga’.

Nyakubahwa perezida Ruto yahise asomaho

Advertising

Previous Story

Bashakanye bafitanye isano babyarana abana bafite intoki icumi

Next Story

“ADEPR yaducanyeho umuriro dufunga amatwi” Perezida waya Korali iririmba Hip Hop yasobanuye iby’urugamba bahuye narwo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop