Paul Okoye wo muri P- Square n’umukunzi we Ivy Ifeoma bagaraye bishimanye umukobwa amushimira ko amwitaho

by
23/07/2023 09:12

Ivy Ifeoma umukunzi w’umuhanzi Paul Okoye wo muri P Square , yashyize hanze amashusho yabo bombi bameranye neza, agaragaza ko amushimira urukundo amuha n’uburyo amwitaho.

Uyu mukobwa wavuze ko amushimira uburyo amwitaho ndetse akifuza no kumubona yishimye yamwegamiye mu gituza ubundi amubwira amagambo yagatangaza yantumye benshi bongera gukumbura uyu muhanzi.

Ivy Ifeoma na Paulo Okoye , urukundo rwabo rwabaye ikimenya bose mu mwaka washize wa 2022 ubwo bo ubwabo babyishyiriraha hanze bakavuga ko bakundana.

Amwe muri aya mashusho abagaragaza bombi bishimanye , ndetse barino gutemberana mu bwato mu bice bitandukanye.Uyu mukobwa iteka ashimira Paul Okoye kuba amukunda kandi akamwitaho ngo na cyane ko ikintu gushimisha Paulo ari ukubona uyu mukobwa yishima nk’uko yabyivugiye.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Dore impamvu abagore bamwe barira cyane iyo bari gutera akabariro n’abo bashakanye

Next Story

Umwe mubajura kabuhariwe biba bakoresheje ikoranabuhanga ku Isi Mitnick yapfuye ku myaka 59 azize Kanseri y’urwagashya

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop