Dore impamvu abagore bamwe barira cyane iyo bari gutera akabariro n’abo bashakanye

by
22/07/2023 21:48

Gutera akabariro biryohera bamwe bikongera bikabihira abandi by’umwihariko mu gihe umugabo atita ku marangamutima y’umugore we.Ibi bishobora gutuma umugore ahogora cyangwa bigaterwa n’izindi mpamvu nk’uko tugiye kubirebera hamwe.

Iyi nkuru iragaruka ku mpamvu zituma bamwe mu bagore kurira cyane mu gihe bari gukora imibonano mpuzabitsina hamwe nabo bashakanye.

1. Kuruhuka.

Hari ubwo umugore arira cyane bitewe n’amarangamutima menshi afite bityo akarira ayo kwishima.Mu by’ukuri uku kurira ntabwo ari ukurira gusanzwe , ahubwo ni ijwi risohoka mu buryo bw’amarangamutima.

2.Gufasha uwo bari kumwe.

Ibi bisobanurwa nko gufasha uwo bari kumwe mu rukundo kugira ngo nawe ajye muri mood n’ubwo iyi ngingo akenshi itajya ikora.

3. Ahahise.

Hari ubwo umugore arira cyane ,akabigira umuco mbese umugabo agatekereza ko ari ibyishimo nyamara umugore abiterwa n’amateka y’ahahise.

4. Ikibazo giterwa n’imisemburo.

Mu by’ukuri kurira kumugore ari gutera akabariro bituruka kumpamvu zitandukanye zishobora kuba nziza cyangwa mbi.Bimwe kuri ibi , hashobora no kuzamo ko umugabo atarimo kwita kumarangamutima ye , bityo akaba yamukoresha imibonano mpuzabitsina atamuteguye neza.

Src: Fleekloaded.com

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Twari twaratannye turatandukira ariko dusabye imbabazi abantu bose ndetse n’inyigisho twarazihinduye ! Buryohe na Mugore we bijeje RIB n’Abanyarwanda kutazongera gukoresha amagambo bakoreshaga

Next Story

Paul Okoye wo muri P- Square n’umukunzi we Ivy Ifeoma bagaraye bishimanye umukobwa amushimira ko amwitaho

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop