Pasiteri James Ng’a ng’a yanenze abagore badapfumira abagabo babo iyo bagiye kubabaza ibyo bararya

13/11/2023 08:51

Amashusho ya Pasiteri James Ng’a ng’a akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kwikoma abagore by’umwihariko abo mu gace ka Kikuyu muri Kenya , batajya baofukama bagiye kwakira abatware babo.

 

Uyu muyobozi w’itorero Neno Evangelism Center , yakomoje k’umugore we utajya amupfukamira n’umunsi numwe arimo kumwitaho nk’umugabo.Ng’a ng’a yagereranyije aba bagore n’abandi bahandi, avuga ko badaha agaciro abagabo babo.

 

Yavuze ko aba bagore batari Romantic bikaba arinayo mpamvu ngo ituma abagabo babo batabasohokana.Yagize ati:” Iyo ndi kuri Pool , umugore wanjye araza akambaza icyo nshaka, uko niko abagore bo kuri Kikuyu bameze. Abandi bagore bahandi barapfukama iyo bari kubaza abagabo babo ibyo bashaka”.

 

Pasiteri yagize ati:” Umugore araza agapfukama akakubaza ngo Babe , urifuza kurya iki ? Ariko abacu bo ntabyo bakora”.

 

Uyu mu pasiteri yahinduye abaza umwe muwo bakorana umurimo , niba we umugore we apfukama , undi nawe arahakana ati:” Oya”.

Isoko: Tuko

Advertising

Previous Story

Banze kubyemera ! Kate Thuku wari urembejwe n’abamubaza imyaka yatangaje benshi nyuma yo kuvuga ko afite imyaka 20 y’amavuko

Next Story

“Umusore dukundana ndagirango mubwire ko azatanga inkwano ya Miliyari yuzuye”! Umuhanzikazi Ssaru yagaragaje ko afite agaciro

Latest from Iyobokamana

Go toTop