Omah Lay yanyuzwe n’uko Davido yamwamamarije indirimbo kandi yatekerezaga ko amwanga

12/03/2024 17:54

Umuhanzi wo muri Nigeria, Stanley Omah Didia, uzwi cyane ku izina rya Omah Lay yatunguwe bikomeye na Davido

Ku wa kabiri, ku rukuta rwe rwa X, Omah Lay yanditse ati: “Nahoraga ntekereza ko OBO [Davido] anyanga!”

Ni ubwambere Davido agaragara yamamaza kumugaragaro indirimbo za Omah Lay nka Soso.

Umuhanzi wavukiye i Port Harcourt ni umwe mu bahanzi bakiri bato bo muri Nigeria batarabona collabo na Davido.

 

Lyvine Rwanda

His name is Livine Nsanzumuhira Ntambara known as Lyvine Rwanda,Studied Mass communication and Journalism at EAST AFRICAN UNIVERSITY,he works journalism as passion and professional

Advertising

Previous Story

Niba uziko utaryama byibura amasaha 7,5 buri munsi I Dore ibyago uteza umubiri wawe

Next Story

Ahamaze imyaka 8 ! Jean Pierre Musabyimana yasobanuye byinshi El Classico Chez West yamufashije kugeraho

Latest from Imyidagaduro

Go toTop