“N’ubwo ndi umushumba ariko niyujurije inzu ubu ntegereje umukobwa mwiza tuzabanamo” ! Umusore uragira Inka yahishuye ko abayeho neza yiyama abakire batajya babahemba neza – VIDEO

15/05/2023 09:18

Ndayambaje Felicien uragira Inka mu Karere ka Nyabihu yatangaje ko afite inzu yiyubakiye asobanura akeneye umukobwa bazabana.

Ndayambaje Felicien yatangaje ko ari umusore ukiri muto ukunda umwuga wo kuragira dore ari umwuga amazemo imyaka nyinshi.

Mu kiganiro twagiranye nawe yagize ati”: Njye nkunda akazi kanjye kandi nkunda kuragira dore ko kugeza ubu maze gukuramo inzu nziza, intama n’ibindi”.

Uyu musore yatangaje ko ikibazo abashumba bagira ari uko usanga bakorera abakire ntibabahembe, yagize ati:” Buriya ikibazo tugira ni uko dukorera abakire ntibaduhembe.Ndasaba abakire kujya baduhembera ku gihe”.

Ubusanzwe akazi ko kuragira gatunze benshi gusa hari abakangiza bagasebya bagenzi babo aho bakora urugomo nk’uko byemejwe na Ndayambaje Felicien.

Advertising

Previous Story

“Mfite ba Sugar Daddy 6 banyishyura buri kwezi “ ! Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko yatangaje abantu ubwo yemezaga ko afite abagabo 6 bamuha amafaranga

Next Story

Imbwa ikuze kurusha izindi ku Isi yujuje imyaka 31

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop