“Mfite ba Sugar Daddy 6 banyishyura buri kwezi “ ! Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko yatangaje abantu ubwo yemezaga ko afite abagabo 6 bamuha amafaranga

15/05/2023 09:18

Byatangaje imbaga y’abantu ubwo umwana w’umukobwa yatinyukaga akemeza ko afite abagabo bamuha amafaranga buri kwezi bakamuhemba nk’ufite akazi gasanzwe.

Uyu mwana w’umukobwa yateje ururondogoro benshi bavuga ko yataye umuco abandi bemeza ko ari amahitamo ye ko gusa bizamugiraho ingaruka mu buzima bwe bwa buri munsi.

Ibi bivugwa ko ari ubushitani bukorwa n’abantu bakuru b’abagabo baba bashaka kwangiza abangavu.

Ibi kandi bigaragaza ko hakiri akazi mu bijyanye no kwigisha abana bakiri bato by’umwihariko mu buzima bw’urukundo.Nyuma yo kumenya iby’uyu mwana w’umukobwa, bamwe mu barengera uburenganzira bw’umwana bemeje ko bakomeza gukora iyo bwabaga kugira ngo bagira amakuru bamenya kuri icyo kibazo.

Mu butumwa uyu mwana yashyize hanze yagize ati:”Mfite abagabo 6 bampereza amafaranga y’umushahara buri kwezi”.
Ibi byangiza urubyiruko kuburyo abagabo bo myaka izaza batazajya bashobora kubona abo babana bujuje ibintu byose bisabwa kugira ngo umukobwa abe umugore wuzuye.Bamwe mu bagize icyo bavuga kuri iki kibazo bagize bati:”Biratangaje cyane , komerezaho akazi kawe” ! Clever Frank.

Mehek Mich yagize ati:” Amahirwe masa.Obinna Prince Dike, ati:” Mbega akazi keza we, amahirwe masa mwa”.Abantu hafi ya bose bagize icyo bavuga bamuhaye imbaraga byafashwe nko gutebya kandi nyamara bishobora kuba ari ukuri kuzuye.
https://www.youtube.com/watch?v=8tft5JqpdYA&t=340s

Src: 9JaGistreel.com

Advertising

Previous Story

Menya uburyo wahangana n’ikibazo cyo kuruka mu modoka mu gihe uri ku rugendo

Next Story

“N’ubwo ndi umushumba ariko niyujurije inzu ubu ntegereje umukobwa mwiza tuzabanamo” ! Umusore uragira Inka yahishuye ko abayeho neza yiyama abakire batajya babahemba neza – VIDEO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop