“Nkunda Mike Kayihura kuburyo numva yambera umugabo” ! Ubuhamya bwa Belyze wihebeye Umuhanzi Mike Kayihura bidasanzwe

22/05/2023 22:31

Urukundo abakobwa bakunda ibyamamare akenshi ruba rutangaje kuko bituma umuntu arushaho kwibaza niba koko baba bakomeje cyangwa niba baba bari gushyenga.

 

Ni kenshi hagiye hagaragara abakobwa baguye igihumure babonye ibyamamare bifuzaga amaso kumaso. Murabyibuka byabaye kuri Yannick Mukunzi umukinnyi w’ikipe y’igihugu  Amavubi  na Ngabo Meddy yewe na The Ben byamubayeho gusa byarangiraga abo bakobwa ntawumenye irengero ryabo.

 

Uwase Belyze  na we byamunaniye kwiyumanganya arerura ahamya ko mu byamamare byo mu Rwanda akunda MIKE Kayihura anumva bikunze yamubera umugabo.Mu kiganiro na Juli Tv Belyze  UWASE yabajijwe ati ese mubyamamare byo mu rwanda wumva ari nka nde ukunda cg wakunda umuhungu umeze nka nde?

Belyeze ati”; Windushya  rwose nge ntawe nakunda ariko nyine nkunda Mike Kayihura.” Umunyamakuru ati wumva mwabana?  Nawe yungamo ati; rwose Ambereye umugabo ntacyo nabyemera”.Ubwo umunyamakuru yaramubajije uwo yahitamo hagati ya Andy Bumuntu  na Mike karayihura , we yihitiramo Mike Kayihura.

 

Uyu muhanzi n’uhundi usanzwe akunzwe n’inkumi asanzwe aririmba neza kuburyo kumukunda kw’abakobwa atari ukwibeshya.Ese urukundo abakobwa bakunda bahanzi baba bakomeje ?

 

Ig:@Shalomi.Rwanda

Advertising

Previous Story

Dore icyo wakora ako kanya ukimara kuryamana n’umuntu wanduye Virus itera SIDA ukabasha gukiza amagara yawe

Next Story

“Mama umbyara atahana abagabo yasinze mu ijoro bakaryamana ndeba “ ! Umukobwa yatanze ubuhamya buteye agahinda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop