“Mama umbyara atahana abagabo yasinze mu ijoro bakaryamana ndeba “ ! Umukobwa yatanze ubuhamya buteye agahinda

22/05/2023 22:44

Margret Nyaruiru yasobanuye agahinda abana nako we na mushiki we kuko ari nk’inzozi mbi kubwo kubona nyina ubabyara aryamanye na bagabo mu maso yabo.

 

Uyu mukobwa yatangaje ko yarezwe na nyina gusa atigeze agira amahirwe yo kubona se umubyara. Ngo mbere yuko nyina ahinduka kazizi ibintu byari bisanzwe ari umubyeyi muzima ariko aho ibibazo byaziye ibintu byose byaje guhinduka cyane.

 

Margret Nyaruiru kandi yatangaje ko kenshi ariwe woza nyina kuko ngo kenshi nyina atiyitaho kugeza ubwo umukobwa we ariwe umukorera byose. Uyu mukobwa yatangaje ko kandi kubera ubuzima bubi babayemo we na mushiki we bavuye mu ishuri batakiga.

 

Uyu mukobwa ukiri muto mu byifuzo ashyira imbere ni uko abonye amahirwe yasubira mu ishuri nk’abandi bana bangana nawe kuburyo yagira ahazaza heza akabona amafaranga yamufasha kujyana nyina umubyara ku ivuriro ry’igisha kugabanya ndetse no kureka inzoga bururundu.

 

Muri iyi minsi ababyeyii benshi bitwara nabi imbere y’abana babo birengagije ko ibyo bakora bigira ingaruka mbi ku bana babo. Inama twaha ababyeyii ni ukwitwararika mubyo bakora byose kuko ibibi bakora imbere y’amaso y’abana babo bigira ingaruka mbi kuri abo bana.

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

“Nkunda Mike Kayihura kuburyo numva yambera umugabo” ! Ubuhamya bwa Belyze wihebeye Umuhanzi Mike Kayihura bidasanzwe

Next Story

Zari yiseguye ku mugabo we nyuma yo kwemera ko ashaka kubyarana undi mwana na Diamond Platinumz

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop