Nkunda cyane Pasiteri wanjye kandi mfite umugabo tubana

04/07/2023 20:30

Umugore wo muri Ghana yagaragaje ko afite ikibazo cyo kuba yiyumvamo umukozi w’Imana Pasiteri w’aho asengera.Mu rwandiko yabinyujijemo yavuze ko urukundo yaburiye umugabo we arubona muri Pasiteri afata nk’umujyanama.

 

Abinyujije mu butumwa burebure uyu mugore ufite umugabo babana, yatangaje ko asigaye yiyumvamo Pasiteri cyane ndetse ngo akumva bahorana cyane dore ko ngo amugasha mu kumugira inama zitandukanye.

 

Uyu mugore kandi avuga ko pasiteri we witwa David Papa Bondzie ari mwiza kuri we ndetse akaba amukunda urukundo yaburiye k’umugabo we. David Papa Bondzie avuga ko adakunda gutereta abaje kumushaho inama bikaba biri mu byatumye uyu mugore w’umugabo amutinyuka.

 

Uyu mugore yagize ati:” Nabwiye Pasiteri uko niyumva nawe ambwira ko amaze igihe aruko yiyumva akaba ariyo mpamvu iteka ahora ansaba gatanya n’umugabo wanjye.Ubwo twahuraga bwambere ntabwo yigeze arekeraho kundeba, iteka amaso ye yamporagaho, iyo turikumwe anyereka Filime, tugakina,……Mu by’ukuri ndamukunda Kandi ndubatse”.

 

Uyu mugore agira inama abandi bagore akavuga ko atari umuco mwiza gukunda uwo mutashakanye akabivuga ko ngo amaze kubona ko atari byiza bitewe n’ibyo ari gucamo.

Advertising

Previous Story

IKINAMICO Y’UBUZIMA BWA TESI WAHAWE URUKUNDO NA TELEFONE YAKATARABONEKA N’UMUSORE WAMWIHEBEYE

Next Story

Dore impamvu abasore aribo batereta kurusha abakobwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop