Nkore iki? : Mfite umwana umwe w’umukobwa nkunda ninjye wamubyaye ndamurera none nifuza kumusaba ko tubana kuko ndamukunda cyane

12/09/2023 10:42

Hari aho bigera abantu bakagira ngo urukundo ni amarozi cyangwa ibisazi.Umugabo uvuga ko yareze umwana we w’umukobwa , akamwishyurira amafaranga y’ishuri, akamushakira akazi ndetse akamufasha no mu bindi yavuze ko atarondora gusa akaza kumukunda, yatangaje ko yumva yamusaba ko babana nk’umugore n’umugabo ariko ngo mbere yo gufata uwo mwanzuro yabanje kugisha inama.

 

Uyu mugabo ubabaye cyane akababazwa n’urukundo avuga ko akunda uwo yibyariye , yatangaje ko atazi neza igisubizo azahabwa n’umwana yibyariye avuga ko amaze kugera igihe cyo kubaka urugo.Uyu mugabo yagize ati:”Muraho neza, ubusanzwe mugira abandi inama kandi nanjye mfite ikibazo kinkomereye cyane nabuze undi na kwizera ngo mugishe inama uretse abasomyi bacu.

Mu by’ukuri, umugore wanjye yantaye mfite umwana w’umukobwa gusa yari akiri muto.Twari twaramubyaranye ariko kubera ko umugore wanjye yari agiye kubaka n’undi mugabo wandushakaga amafaranga, byabaye ngombwa ko ansigira umwana wanjye w’umukobwa kuko yagiye ntabizi.Umunsi nabimenye rero, nafashe umwana wanjye ndamurera, bamwe baramunsaba ariko ndamubima mbabwira ko ngomba kuzamwirerera kugira ngo nakura azabe arinjye aha agaciro nka se wamubyaye kandi murinda kwandagara.

Umwana naramureze arakura, ubu afite imyaka 26 kandi ni umukobwa mwiza ufite igihagararo cyiza, uteye neza , umwana w’umukobwa utaragize icyo abura cyangwa ngo akene.Uyu mukobwa wanjye , iyo mwitegereje numva mukunze cyane gusa nkabura uko mbigenza.Rero ndifuza kumusaba ko twabana nk’umugabo n’umugore kuko ndamukunda pe.Umugore twamubyaranye yarantaye m ntacyo yadufashije , naburiye urukundo mubandi ndubonera mu mukobwa wanjye , none mungire inama.Ese mbikore ?”.

Niba nawe ufite ikibazo ukaba ushaka kugisha inama ,siga igitekerezo cyawe cyangwa utwandikire tugufashe.

Advertising

Previous Story

Ariel Wayz yasubije ubutumwa bwa Juno Kizigenza amubwira ko amukunda benshi bibaza niba basubiye mu rukundo

Next Story

Abasore gusa: Niba ushaka ko umukobwa agusarira kora ibibintu

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop