Niba ukora ibi bintu menyako uzahorana ubukene ! Ngiyo imico 6 ishobora kuguhoza mu bucyene

27/06/2023 15:05

1.Guhora wanga kumva inama abantu bakugira

 

Kenshi harubwo abantu bagirwa inama yo gukora cyangwa kureka ikintu ariko ntibumve, Niba nawe ugirwa inama cyane ariko ntiwumve, menyako kakubayeho uzahora mu bucyene.

 

 

2.Uhora wanga gusaba ubufasha

 

Hari ubwo umuntu ahora yumva ko yishoboye nyamara burya ntawigira harigihe bibaye ngombwa ko waka ubufasha. Niba nawe wanga gusaba ubufasha wigira nyamwigendaho uzahora ucyennye.

 

 

 

3.Guhora ugura ibintu bihenze ngo wemeze abantu

 

Harubwo umuntu yambara hocyangwa akagura ibintu bihenze ataruko akize ahubwo aruko ashaka kwemeza abantu babana nawe mu buzima bwe abamo. Niba nawe umeze uko bihindure bitabaye ibyo kakubayeho uzahora ucyennye.

 

 

 

4.Uhora wanga akazi kubera umushahara

 

Abantu benshi bakora akazi bagendeye ku mafaranga Ako kazi gahemba, ariko Niba burigihe wanga akazi kubera umushahara runaka burya byatuma uhora ucyennye kuko ntanarimwe uzifeta ubona akazi kaguha amafaranga wifuza.

 

 

 

5.Uhorana n’abantu bagucyeneyeho inyungu runaka

 

Niba uri umuntu uhorana n’abantu bagucyeneyeho inyungu runaka aho bagucyeneyeho ko ubishyurira cyangwa se ikindi kuntu burya nabyo bizakugira umucyene burundu kuko iyo ibyo bagucyeneyeho bishize Bose baca bagenda.

 

 

 

Source: yourtango.com

Advertising

Previous Story

Dore uburyo 8 wakoresha mu gihe ushaka gushimira umuntu wagukoreye neza akagushimisha cyane

Next Story

Imyambaro mishya ya Kim Kardashian yavugishije benshi

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop